Agasaro
Podcast
Paul Kananura : “Perezida Ndayishimiye ategerejweho kugarura umutekano muri Kongo”
0:00
-30:00

Paul Kananura : “Perezida Ndayishimiye ategerejweho kugarura umutekano muri Kongo”

U Burundi bwafashe ubuyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu mwaka wa 2026. Perezida Évariste Ndayishimiye yavuze ku bibazo by’umutekano, ubukungu n’imihindagurikire y’ikirere Afurika ihanganye na byo.kimouguke muri politiki mpuzamahanga n;umutekanp, Porofeseri Paul Kananura avuga ko mu kureba ibyo manda ye izaba yagezeho, ari uguhera ku mutekano azaba yashoboye kugarura mu burasirazuba bwa repubulika ya demokarasi ya Kongo.

Discussion about this episode

User's avatar

Ready for more?