Umwana w’umukobwa w’imyaka 15 yemererwa n’amategeko kujya gushaka servisi z’ubuvuzi adaherekejwe n’umubyeyi cg se umurera. Bamwe mu badepite bifuza ko ababyeyi babimenyeshwa mbere y’uko abo bana bahabwa izo servisi. Dr. Yvan Butera umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima yavuze ko kuba itegeko ryemejwe bitavuze ko abana bafite imyaka 15 batazaha…
Listen to this episode with a 7-day free trial
Subscribe to Agasaro to listen to this post and get 7 days of free access to the full post archives.