Hashize imyaka 29 umubyeyi Alphonsine Munganyinka atandukanye n’umukobwa we, Deborah Niyonsenga, wari ufite imyaka itatu. Batandukaniye i Mbandaka, mu cyahoze cyitwa Zaïre.
Abasirikare b’u Rwanda bamushishikarije gutaha. Yaje gutaha asiga umwana we wari wajyanywe n’umuryango w’Abanyekongo wari wavuze ko ugiye kumwitaho.
Amakuru ya nyuma avuga ko Deborah y…












