Repubulika ya demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bashyize umukono ku masezerano y’amahoro yahagariwe na Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald J. Trump. Umuhango wabereye mu ngoro nshya yitiriwe Perezida w’Amerika “ Donald J Trump Institute of Peace” i Wshington DC. Radiyo Agasaro Kaburaga yakoze ikiganiro kihariye, kuri ayo masezerano n’intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo.
"Abasinye amasezerano y'i Washington sibo bahanganye ku rugamba": Dr. Oscar Balinda, umuvugizi wa AFC/M23
Dec 05, 2025
Podcast
The Ukuri Podcast is the centre of our operations. Hosted by veteran broadcaster Venuste Nshimiyimana, it takes our fact-check on-air, with discussions on important topics in the news; with a daily focus on debunking one major piece of fake news.
The Ukuri Podcast is the centre of our operations. Hosted by veteran broadcaster Venuste Nshimiyimana, it takes our fact-check on-air, with discussions on important topics in the news; with a daily focus on debunking one major piece of fake news. Listen on
Substack App
RSS Feed
Recent Episodes











