Agasaro
Podcast
"Abasinye amasezerano y'i Washington sibo bahanganye ku rugamba": Dr. Oscar Balinda, umuvugizi wa AFC/M23
0:00
-30:00

"Abasinye amasezerano y'i Washington sibo bahanganye ku rugamba": Dr. Oscar Balinda, umuvugizi wa AFC/M23

Repubulika ya demokarasi ya Kongo n’u Rwanda bashyize umukono ku masezerano y’amahoro yahagariwe na Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Donald J. Trump. Umuhango wabereye mu ngoro nshya yitiriwe Perezida w’Amerika “ Donald J Trump Institute of Peace” i Wshington DC. Radiyo Agasaro Kaburaga yakoze ikiganiro kihariye, kuri ayo masezerano n’intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo.

Discussion about this episode

User's avatar

Ready for more?