Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ibiciro by’ibicuruzwa kw’isoko bizaba
byagabanutse kugeza kuri 3,9 ku ijana mu mwaka utaha wa 2026. Ni mu gihe
hari abaturage baganiriye na Radiyo Agasaro Kaburaga bagaragaza ko ibiciro
bimwe na bimwe bikomeza kuzamuka bakibaza igihe bizongera kumanuka.
Share this post