Agasaro
Podcast
Bernard Makuza yatorewe kuyobora Urwego ngishwanama ku mutekano bihugu bya EAC.
0:00
-30:00

Bernard Makuza yatorewe kuyobora Urwego ngishwanama ku mutekano bihugu bya EAC.

Uwahoze ari Perezida wa Sena na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Bernard Makuza yatorewe kuyobora urwego rw’inararibonye rw’Ingabo zihora ziteguye gutabara aho rukomeye (East Africa Standby Force). Avugana na Radiyo Agasaro Kabaraga , Bwana Bernard makuza yavuze ko urwego ayobora ruzajya rugira inama Inama y’Abamisitiri n’iy’Abakuru n’Ibihugu bigize uyu muryango ku byerekeye gukumira amakimbirane.

Discussion about this episode

User's avatar